Kinyarwanda
Amahitamo y’ubuzima ashingiye ku makuru
Ikibazo gihari Hari imvugo nyinshi zivuga uko imiti (ikintu cyose ukora kugirango ubuzima bwawe bugende neza) ikora kandi izi mvugo ntizizewe. Abantu benshi ntibazi uko bagenzura ireme z’imvugo zerekeye uko imiti ikora. Ibi bituma abantu bahitamo nabi bigatuma bangiza umutungo wabo ndetse bikagira ingaruka ku buzima bwabo. Inyigisho nyinshi zivuga icyo ugomba gutekereza (gufata ibintu […]